Amakuru
-
Bugesera: Ibishanga n’ibiyaga mu biteza umurindi indwara ziterwa n’umwanda
Mu gihe leta y’U Rwanda ikomeje gahunda yo kurwanya indwara ziterwa n’umwanda, ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bugaragaza ko mu mezi…
Soma» -
Ruhango: Réseau Des Femmes yifatanyije n’abaturage gutera ibiti
Umuryango Réseau des Femmes, binyuze mu mushinga wabo wo kurengera ibidukikije witwa ‘Rengera Ibidukikije Rengera Ubuzima bwawe’, kuri uyu wa…
Soma» -
Vestine yagaragaje ko ashobora kuba agiye gutandukana n’Umugabo we
Umuhanzikazi uririmba indirimbo zo Karamya no guhimbaza Imana akabikorana na murumuna we, Ishimwe Vestine, yagaragaje ko ashobora kuba agiye gutandukana…
Soma» -
Kicukiro: Abafundi bakoreye Urugomo Imodoka itwara Abanyeshuri
Abafundi biraye ku modoka yari icyuye abanyeshuri bayimenagura ibirahure irangirika kuburyo bukomeye ndetse hakomerekeramo abana batatu. Ibi ni ibyabaye ahagana…
Soma» -
Abangavu n’ingimbi baributswa ko bafite uburenganzira kuri serivisi z’ubuzima bw’imyororokere
Abangavu n’ingimbi bafite imyaka 15 kuzamura bakanguriwe kwitabira servisi z’ubuzima bw’imyororokere, dore ko kuri ubu amategeko abemerera guhabwa izo serivisi…
Soma» -
Marie Immaculée Ingabire yasezeweho bwa nyuma
“Ntabwo twagize ikiriyo nk’uko ahandi bigenda, ahubwo twaramwizihizaga. Twamwizihije gikotanyi, kandi yasabye ko tutazatanga CV ye kuko nta kazi akeneye.”…
Soma» -
Ingabire Marie Immaculée yitabye Imana
Ingabire Marie Immaculée wari Umuyobozi w’umuryango urwanya ruswa n’akarengane( Transparency International Rwanda) yitabye Imana kuri uyu wa Kane tariki 09…
Soma» -
Musanze: Haracyashakishwa umugabo warohamye mu Kiyaga cya Ruhondo atwaye ubwato
Polisi y’Igihugu ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru Ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi ifatanyije n’abaturage n’izindi nzego bari mu gikorwa cyo…
Soma» -
Ikipe ya APR FC yarizuye mu irushanwa ry’Inkera y’Abahizi yiteguriye
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC, ntiyitwaye neza mu irushanwa ry’Inkera y’Abahizi yiteguriye kuko yatahanye umwanya wa nyuma, nyuma yo kurirangiza…
Soma» -
CBS Kinigi yishimiye umusanzu imaze gutanga mu burezi, itanga n’ikaze kubifuza kubagana
Ubuyobozi bw’Ishuri rya College Baptiste St Sylvestre de Kinigi, (CBS Kinigi), bwishimiye umusanzu bumaze gutanga mu burezi bw’u Rwanda buha…
Soma»