Amakuru
- 
	
			
	Abangavu n’ingimbi baributswa ko bafite uburenganzira kuri serivisi z’ubuzima bw’imyororokere
Abangavu n’ingimbi bafite imyaka 15 kuzamura bakanguriwe kwitabira servisi z’ubuzima bw’imyororokere, dore ko kuri ubu amategeko abemerera guhabwa izo serivisi…
Soma» - 
	
			
	Marie Immaculée Ingabire yasezeweho bwa nyuma
“Ntabwo twagize ikiriyo nk’uko ahandi bigenda, ahubwo twaramwizihizaga. Twamwizihije gikotanyi, kandi yasabye ko tutazatanga CV ye kuko nta kazi akeneye.”…
Soma» - 
	
			
	Ingabire Marie Immaculée yitabye Imana
Ingabire Marie Immaculée wari Umuyobozi w’umuryango urwanya ruswa n’akarengane( Transparency International Rwanda) yitabye Imana kuri uyu wa Kane tariki 09…
Soma» - 
	
			
	Musanze: Haracyashakishwa umugabo warohamye mu Kiyaga cya Ruhondo atwaye ubwato
Polisi y’Igihugu ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru Ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi ifatanyije n’abaturage n’izindi nzego bari mu gikorwa cyo…
Soma» - 
	
			
	Ikipe ya APR FC yarizuye mu irushanwa ry’Inkera y’Abahizi yiteguriye
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC, ntiyitwaye neza mu irushanwa ry’Inkera y’Abahizi yiteguriye kuko yatahanye umwanya wa nyuma, nyuma yo kurirangiza…
Soma» - 
	
			
	CBS Kinigi yishimiye umusanzu imaze gutanga mu burezi, itanga n’ikaze kubifuza kubagana
Ubuyobozi bw’Ishuri rya College Baptiste St Sylvestre de Kinigi, (CBS Kinigi), bwishimiye umusanzu bumaze gutanga mu burezi bw’u Rwanda buha…
Soma» - 
	
			
	APR FC na Azam FC zatakaje amanota mu mikino y’Inkera y’Abahizi
Ikipe ya Azam FC yo muri Tanzania yatsinzwe n’iya AS Kigali igitego 1-0, naho APR FC itsindwa na Police FC…
Soma» - 
	
			
	APR FC na Police FC ntizahiriwe mu mikino y’Inkera y’Abahizi
Ikipe za APR FC na Police FC ntizitwaye neza mu mikino y’Inkera y’Abahizi kuko APR FC yatsinzwe na AS Kigali…
Soma» - 
	
			
	Arenga miliyari 1,5 Frw amaze gutangwa mu bihembo by’abaguzi basabye fagitire ya EBM
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), kimaze gutanga amafaraga arenga miliyari 1,5 Frw muri gahunda yo gushimira abaguzi ba nyuma baba barasabye…
Soma» - 
	
			
	Urubyiruko rwibukijwe ko arirwo mizero ya Kiliziya
Ubwo hasozwaga ihuriro ry’urubyiruko rwa Arkidiyosezi ya Kigali ryaberaga muri Paruwasi yaragijwe mutagatifu Yohani Bosco Kicukiro, urubyiruko rwibukijwe ko arirwo…
Soma»