Amakuru
-
Pyramids FC yazonze APR FC yegukanye igikombe cya CAF Champions League
Ikipe ya Pyramids FC yo mu Misiri yegukanye igikombe cya CAF Champions League itsinze Mamelodi Sundowns yo muri Afurika y’Epfo…
Soma» -
Perezida Kagame yashimye Paris Saint-Germain yegukanye UEFA Champions League
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashimye Ikipe ya Paris Saint Germain yegukanye igikombe cya UEFA champions League itsinze Inter Milan…
Soma» -
PSG yatwaye igikombe cya UEFA Champions League yandagaje Inter Milan
Ikipe ya Paris Saint-Germain yamamaza Visit Rwanda yo mu Bufaransa yatwaye igikombe cyayo cya mbere mu mateka cya EUFA Champions…
Soma» -
Ba Malayika murinzi bashimiwe ubwitange bagira mugufasha abana batarerewe mu muryango.
Ubwo hizihizwa umunsi wa Malayika Murinzi, bashimiwe ko barangwa n’impuhwe, urukundo, bakakira abana batagize amahirwe yo kurererwa mu miryango yabo…
Soma» -
Ubufaransa bwataye muri yombi Bicamumpaka wari umunyamakuru ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside
Ubutabera bwo mu Gihugu cy’Ubufaransa bwemeje ko bwataye muri yombi Bicamumpaka Hyacinthe wari umunyamakuru mbere no mu gihe cya Jenoside…
Soma» -
Joseph Kabila yaganiriye n’abahagarariye amadini bihungabanya ubutegetsi bwa DR Congo
Perezida Joseph Kabange Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019 yaganiriye n’abahagarariye amadini n’amatorero…
Soma» -
Menya byinshi ku kamaro k’UMWENYA’ ikimera kifashishwa mu buvuzi bw’umwimerere
Ikimera kitwa “Umwenya”, abenshi bakunze kugikoresha nk’ikirungo gifite umwihariko wo kifashishwa mu buvuzi gakondo kubera umwihariko wacyo wo kuvura amavunane,…
Soma» -
Uruhuri rw’ibibazo byatumye FDA ifunga inzoga y’Ubutwege
Ikigo Gishinzwe kugenzura Ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa mu Rwanda (Rwanda Food and Drugs Authority), FDA, bwakuye ku isoko inzoga yitwa Ubutwenge…
Soma» -
Musanze: Inkongi yibasiye inyubako hahiramo ibirengeje miliyoni 15 z’amafaranga y’u Rwanda
Inkongi y’umuriro yibasiye inzu yakorerwagamo n’akabari, ububiko bw’inzoga n’ubudozi yo mu Murenge wa Muko Akagari Cyivugiza mu Mudugudu wa Sangano…
Soma» -
Liverpool FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona y’Ubwongereza, Mohamed Salah akora amateka
Ikipe ya Liverpool FC yashyikirijwe igikombe cya shampiyona y’Ubwongereza 2024-2025, Mohamed Salah akora amateka yo kwiharira ibihembo byinshi muri iyo…
Soma»