Ubuzima
-
Menya byinshi ku NDIMU zikungahaye mu kubaka ubudahangarwa bw’umubiri
Indimu ni urubuto rusanzwe rumenyerewe mu Rwanda, rukagira akamaro hakomeye cyane ku buzima bwa muntu kuko zishobora kuribwa ubwazo, kuzivanga…
Soma» -
“Gutanga amaraso kenshi nta ngaruka biteza” Ubuhamya bwa Bagirishya umaze kuyatanga inshuro 74
Bagirishya Eugène ni umugabo w’imyaka 43, umaze imyaka 26 atanga amaraso kuko yatangiye kuyatanga mu 1999 afite imyaka 17 ubu…
Soma» -
Habonetse amasashe arenga ibihumbi 84 by’amaraso atabara imbabare muri 2024
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje nta cyuho cyo kubura amaraso gihari mu Rwanda kuko muri 2024, Abaturarwanda bagera ku 84,383…
Soma» -
Hizihijwe umunsi mpuzamahanga wo gutanga amaraso abayatanze kenshi barashimirwa
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, binyuze mu ishami rishinzwe gutanga amaraso, bashimiye abagiraneza batanga amaraso bagereranya no gutanga ubuzima bashishikariza…
Soma» -
Rwanda FDA yakuye mu isoko ry’u Rwanda imiti yitwa “RELIEF” y’ibinini
Ikigo gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa mu Rwanda, (Rwanda FDA), cyahagaritse itumizwa, icuruzwa no gukwirakwiza ku isoko ry’u Rwanda imiti…
Soma» -
Menya byinshi ku kamaro k’UMWENYA’ ikimera kifashishwa mu buvuzi bw’umwimerere
Ikimera kitwa “Umwenya”, abenshi bakunze kugikoresha nk’ikirungo gifite umwihariko wo kifashishwa mu buvuzi gakondo kubera umwihariko wacyo wo kuvura amavunane,…
Soma» -
Uruhuri rw’ibibazo byatumye FDA ifunga inzoga y’Ubutwege
Ikigo Gishinzwe kugenzura Ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa mu Rwanda (Rwanda Food and Drugs Authority), FDA, bwakuye ku isoko inzoga yitwa Ubutwenge…
Soma» -
Tugaruke ku biribwa by’imineke ifasha umutima gukora neza
Abantu benshi bakunda kurya imineke mbere cyangwa nyuma y’amafunguro, abandi bakayirya yonyine cyangwa bakayunganiza izindi mbuto n’ubwo hari n’abatayikozwa namba…
Soma» -
Menya byinshi kuri “Tangawizi” yifashishwa mu kuvura ibicurane no kongera imbaraga mu mubiri
Abantu benshi mu bihe bitandukanye bagiye bifashisha ikimera cya Tangawizi nk’umuti cyane cyane bivura inkorora, ibicurane, umunaniro n’ibindi ndetse byageze…
Soma» -
Abafite aho bahurira n’uruhererekane rw’imboga n’imbuto basabwe kwita ku buziranenge bwazo
Ikigo Gitsura Ubuziranenge, RSB, gifatanyije na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, MINAGRI, n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe kwita ku mikurire no kurengera umwana, NCDA,…
Soma»