Mumahanga
-
DRC: Gen Tshiwewe wari imandwa ya Tchisekedi arahigishwa uruhindu
Général Christian Tshiwewe Songesha wabaye Umugaba Mukuru w’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari guhigishwa uruhindu ashinjwa kugambanira Igihugu…
Soma» -
Baltazar wacyashye abagore barenga 400 yakatiwe gufungwa imyaka 18
Baltazar Ebang Engonga Umunya Guinée Equatorial yamamaye cyane mu nkuru zo kuba yararyamanye n’abagore barimo n’ababakomeye barenga 400 yakatiwe gufungwa…
Soma» -
Uganda: Gen Muhoozi yategetse ko abasirikare bakuru bakekwaho ruswa bafungwa
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda (UPDF) akaba n’umujyanama wa Perezida Yoweri Museveni mu bikorwa bya gisirikare byihariye, Gen Muhoozi Kainerugaba,…
Soma» -
Joseph Kabila yaganiriye n’abahagarariye amadini bihungabanya ubutegetsi bwa DR Congo
Perezida Joseph Kabange Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019 yaganiriye n’abahagarariye amadini n’amatorero…
Soma» -
Umutekano I Vatican watangiye gukazwa cyane
Mu mujyi wa Roma mu Butaliyani, umutekano watangiye gukazwa bikomeye kubera abayobozi byakomeye bagiye kuhahurira mu rwego rwo gushyingura Papa…
Soma» -
Hatangajwe igihe Papa Francis azashyingurirwa
Ubuyobozi bwa Vatican bwatangaje ko Umurambo wa Papa Francis wari Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi uherutse kwitaba Imana,…
Soma» -
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis yitabye Imana
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere wa Pasika tariki 21 Mata 2025 nibwo Papa Fransisko yitabye Imana afite imyaka…
Soma» -
Joseph Kabila yageze i Goma bica igikuba i Kinshasa
Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari i Goma ku butaka bugenzurwa n’Umutwe wa AFC/M23 i…
Soma» -
DRC: Abarenga 140 baguye mu mpanuka y’ubwato iherutse kuba
Inzego z’ubutabazi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zemeje ko zimaze kubona imirambo y’abantu 148 baguye mu mpanuka y’ubwato bwari…
Soma» -
Ubushinwa bwibasiwe n’inkubi y’umuyaga yahagaritse imirimo myinshi n’ingendo
Ubushinwa bwibasiwe n’inkubi y’umuyaga uri ku muvudumo ukabije wahagaritse imirimo myinshi n’ingendo z’indege mu Murwa Mukuru Pekin, watumye abaturage basabwa…
Soma»