Nyituriki Joseline
-
Amakuru
Perezida Kagame yavuze ku makipe akoresha abapfumu kugira ngo atsinde
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yavuze ko bishoboka ko imikino itera imbere mu Rwanda, ariko ngo bigashoboka abantu…
Soma» -
Amakuru
Abakozi ba leta mu cyumweru cya mbere cya Nyakanga ntibazakora
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yatanze iminsi ine y’ikiruhuko kizatangira tariki 1 Nyakanga kugeza tariki 4 Nyakanga, ahazaba harimo n’iminsi…
Soma» -
Imyidagaduro
“Mugore wanjye nkunda uri ibyishimo by’umutima wanjye” amagambo ya Emmy Pro wasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Solange
Akanyamuneza ni kose kuri Emmy Pro utunganya amajwi y’indirimbo za Kiliziya Gatolika nyuma yo gusezerana n’umukunzi we Solange imbere y’Imana…
Soma» -
Imyidagaduro
Annette Murava yihanangirije abakomeje kwibasira umuryango we
Annette Murava, umugore wa Bishop Gafaranga yihanangirije abakomeje kuzamukira ku ifungwa ry’umugabo we bagaharabika umuryango we, asobanura ko we n’umugabo…
Soma» -
Imyidagaduro
Emmy Pro utunganya amajwi y’indirimbo za Kiliziya yasezeranye imbere y’amategeko
Emmy Pro utunganya amajwi y’indirimbo z’abahanzi batandukanye, by’umwihariko iza Kiliziya Gatolika yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Solange. Iyakaremye Emmanuel wamenyekanye…
Soma» -
Iyobokamana
“Niba wiyuhagira buri munsi, kuki utahabwa Penetensiya buri munsi?” Padiri Gabriel
Mu rugendo Nyobokamana rwakozwe n’urubyiruko rwa Arkidiyosezi ya Kigali by’umwihariko abo muri Paruwasi ya Kanombe n’abaturutse mu karere k’ikenurabushyo ka…
Soma» -
Amakuru
Amwe mu mateka ya Papa Leon XIV watorerewe kuyobora Kiliziya Gatolika ku isi
Robert Prevost w’Imyaka 69 ukomoka muri Chicago niwe ubaye Papa wa mbere ukomoka muri Amerika y’amajyaruguru akaba yahawe izina rya…
Soma» -
Amakuru
Papa mushya yabonetse: Leon XIV
Nyuma y’amasaha menshi imbaga y’abakristu Gatolika bategereje Kandi basabira ko babona umushumba mushya uyiyobora ku isi, mu masaha y’umugoroba yo…
Soma» -
Amakuru
Antoine Cardinal Kambanda amaze kurahirira kuba umwe mu bagize itora rya Papa mushya
Ubwo hatangizwaga umwiherero cyangwa Conclave yo gutora Papa, kuri uyu wa 07 Gicurasi 2025, aba Karidinali bose uko ari 133…
Soma» -
Mumahanga
Umutekano I Vatican watangiye gukazwa cyane
Mu mujyi wa Roma mu Butaliyani, umutekano watangiye gukazwa bikomeye kubera abayobozi byakomeye bagiye kuhahurira mu rwego rwo gushyingura Papa…
Soma»