1 week ago
Papa Francis yujuje imyaka 12 atorewe kuba umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi
Kuri uyu wa 13 Werurwe 2025, Nyirubutungane Papa Fransisko yujuje imyaka 12 atorewe kuba umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi,…
2 weeks ago
Musanze Fc yanganyije na Bugesera FC ikomeza kwerekeza mu manga
Ikipe ya Musanze FC imwe rukumbi ibarizwa mu kiciro cya mbere cya Shampiyona y’Igihugu yanganyije na Bugesera FC, ikomeza kwerekeza…
2 weeks ago
“Hazaca uwambaye”. Umukino wa APR FC na Rayon Sports wahawe umusifuzi mpuzamahanga
Umusifuzi Mpuzamahanga Ishimwe Jean Claude bakunze kwita Cucuri yahawe kuzayobora umukino w’umunsi wa 20 wa Shampiyona uzahuza APR FC na…
2 weeks ago
Rayon Sport yasezereye Gorilla FC, isanga Mukura VS muri 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Gorilla FC igitego 1-0, ihita iyisezerera ku kinyuranyo cy’ibitego 3-2, isanga Mukura VS muri 1/2…
2 weeks ago
Amajyaruguru: Polisi yafashe abakekwaho kwambura rubanda no gutobora inzu
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru, yemeje ko mu mukwabu iheruka gukora mu Turere twa Musanze na Gakenke yataye…
2 weeks ago
Kamonyi: Umugabo yafatanywe urumogi yahingaga iwe mu rugo
Umugabo witwa Hitimana Emmanuel w’imyaka 48, wo mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Nyarubaka, Akagari ka Nyagishubi mu Mudugudu wa…
2 weeks ago
Kwita ku mutekano, kurinda umuryango no kwiteza imbere.”Ibyo Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yashishikarije abaturage.”
Mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yagiriye mu Ntara y’Amajyaruguru niy’Uburengerazuba, yasabye abaturage gusigasira umutekano, kurinda…
2 weeks ago
Burera: Huzuye uruganda rukora imyenda rwatwaye asaga Miliyari Ebyiri y’amafanga y’u Rwanda
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Burera biganjemo urubyiruko n’abagore bavuga ko bishimiye uruganda rwa Noguchi Holdings Ltd, rukora…
12 February 2025
“Hindura Blague”, ubukangurambaga bwatangijwe bugamije guhindura imvugo zibasira ab’igitsina gore.
Ni kenshi muri sosiyete y’abantu benshi hakunze kumvikana imvugo zigaruka ku bagore, ahanini zisa n’izibasubiza inyuma ariko kandi ababikora bakabikora…
1 February 2025
Urubyiruko rwa Arkidiyosezi ya Kigali rwasabwe kubera urumuri abandi
Muri Paruwasi Gatorika ya Kimihurura, kuri uyu wa Gatandatu tariki 01 Gashyantare 2025, hasorejwe ukwezi kwahariwe Urubyiruko Gatorika muri Arkidiyosezi…