1 day ago
Perezida Kagame yashimye Paris Saint-Germain yegukanye UEFA Champions League
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashimye Ikipe ya Paris Saint Germain yegukanye igikombe cya UEFA champions League itsinze Inter Milan…
24 hours ago
PSG yatwaye igikombe cya UEFA Champions League yandagaje Inter Milan
Ikipe ya Paris Saint-Germain yamamaza Visit Rwanda yo mu Bufaransa yatwaye igikombe cyayo cya mbere mu mateka cya EUFA Champions…
2 days ago
Emmy Pro utunganya amajwi y’indirimbo za Kiliziya yasezeranye imbere y’amategeko
Emmy Pro utunganya amajwi y’indirimbo z’abahanzi batandukanye, by’umwihariko iza Kiliziya Gatolika yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Solange. Iyakaremye Emmanuel wamenyekanye…
3 days ago
Ubufaransa bwataye muri yombi Bicamumpaka wari umunyamakuru ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside
Ubutabera bwo mu Gihugu cy’Ubufaransa bwemeje ko bwataye muri yombi Bicamumpaka Hyacinthe wari umunyamakuru mbere no mu gihe cya Jenoside…
4 days ago
Joseph Kabila yaganiriye n’abahagarariye amadini bihungabanya ubutegetsi bwa DR Congo
Perezida Joseph Kabange Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019 yaganiriye n’abahagarariye amadini n’amatorero…
4 days ago
Menya byinshi ku kamaro k’UMWENYA’ ikimera kifashishwa mu buvuzi bw’umwimerere
Ikimera kitwa “Umwenya”, abenshi bakunze kugikoresha nk’ikirungo gifite umwihariko wo kifashishwa mu buvuzi gakondo kubera umwihariko wacyo wo kuvura amavunane,…
5 days ago
Uruhuri rw’ibibazo byatumye FDA ifunga inzoga y’Ubutwege
Ikigo Gishinzwe kugenzura Ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa mu Rwanda (Rwanda Food and Drugs Authority), FDA, bwakuye ku isoko inzoga yitwa Ubutwenge…
6 days ago
Musanze: Inkongi yibasiye inyubako hahiramo ibirengeje miliyoni 15 z’amafaranga y’u Rwanda
Inkongi y’umuriro yibasiye inzu yakorerwagamo n’akabari, ububiko bw’inzoga n’ubudozi yo mu Murenge wa Muko Akagari Cyivugiza mu Mudugudu wa Sangano…
1 week ago
Liverpool FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona y’Ubwongereza, Mohamed Salah akora amateka
Ikipe ya Liverpool FC yashyikirijwe igikombe cya shampiyona y’Ubwongereza 2024-2025, Mohamed Salah akora amateka yo kwiharira ibihembo byinshi muri iyo…
2 weeks ago
Rulindo: Abantu 28 bafatiwe mu bikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe
Polisi y’Igihugu ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru yataye muri yombi abantu 28 bo mu Karere ka Rulindo bari bari mu bikorwa…