Nyituriki Joseline
-
Amakuru
“Niyo narara nkushyizeho, nkakubonaho ikibi mu gitondo nkuvanaho.” Perezida Paul Kagame
Perezida Paul Kagame yavuze ko kugeza ubu nta mpinduka zigaragara ziraba muri guverinoma, abishingiye ku miterere, imyitwarire y’abantu n’icyo igihugu…
Soma» -
Imyidagaduro
Umuntu wari ukuze cyane kurusha abandi ku isi yapfuye
Umugore wo mu Buyapani wari ufite agahigo ko kuba ari we wari ukuze kurusha abandi ku Isi yitabye Imana agize…
Soma» -
Amakuru
Gicumbi: Hitabajwe inzego z’umutekano kugira ngo abagenzi babone imodoka
Hitabajwe inzego z’umutekano na Polisi kugira ngo abagenzi biganjemo abanyeshuri bakora ingendo bakoresheje Gare ya Gicumbi, babashe gukora ingendo bafite…
Soma» -
Amakuru
Gakenke: umuntu yagonzwe n’imodoka ahita ahasiga ubuzima
Umugabo witwa Mubano Alain yagozwe n’imodoka ya Ritco ubwo yageragezaga gutambuka ku ikamyo yari itwaye ibinyobwa bya Bralirwa ahasiga ubuzima.…
Soma» -
Amakuru
Perezida Kagame yifurije Abanyarwanda umwaka w’uburumbuke wa 2025
Perezida Paul Kagame yifurije Abanyarwanda umwaka mushya muhire, abifuriza ko wazababera uw’uburumbuke. Perezida Kagame kandi yibukije ko muri 2024, aribwo…
Soma» -
Mumahanga
Perezida Joe Biden yatangaje icyunamo cyo guha icyubahiro Jimmy Carter
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yatangaje icyunamo cyo gutegura ibikorwa byo guherekeza Jimmy Carter wabaye Perezida…
Soma» -
Amakuru
Perezida Kagame yashimye inzego z’umutekano z’u Rwanda
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yashimiye inzego z’umutekano kubera uruhare zigira mu gukorera igihugu by’umwihariko ku…
Soma» -
Mumahanga
Ethiopia: Abantu 71 baguye mu mpanuka y’imodoka
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 30 Ukuboza 2024 nibwo havuzwe impanuka y’imodoka y’ikamyo yari itwaye abantu benshi…
Soma» -
Imyidagaduro
Bamenya yicujije igihombo cya miliyoni 17frw yagize muri Cinema
Umukinnyi wa Film Benimana Ramadhan wamenyekanye nka Bamenya kubera film akinamo yitiriwe iryo zina, yavuze ko kubera kudasobanukirwa n’imikoreshereze y’imbuga…
Soma» -
Amakuru
Abasoje ikiciro cya 12 cy’itorero ry’inkomezabigwi basabwe guharanira ubumwe
Urubyiruko rw’abasore n’inkumi rugera ku 56.848 barangije amashuri yisumbuye basoje Itorero ry’Inkomezabigwi icyiciro cya 12 basabwa guharanira, basabwa guharanira guteza…
Soma»