Nyituriki Joseline
-
Amakuru
U Rwanda rwakiriye Inama Mpuzamahanga ku buhinzi butangiza ubutaka yitezweho kurandura inzara
Kuva ku wa 13 kugeza ku wa 16 Gicurasi 2025, abahanga mu by’ubuhinzi bateraniye i Kigali bigira hamwe uko bahuza…
Soma» -
Amakuru
Musanze: Umugabo w’imyaka 23 akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 5
Umugabo w’imyaka 23 wo mu Mudugudu wa Gasanze, Akagari ka Cyabararika Umurenge wa Muhoza, aho yatawe muri yombi akurikiranyweho gusambanya…
Soma» -
Amakuru
Musanze: Ubuyobozi bwashimiye imirenge yarengeje 100% mu bwizigame bwa EjoHeza
Ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze bwashimiye imirenge yako yesheje umuhigo wo kwizigamira muri EjoHeza kuko yose imaze kurenza igipimo cya 100%…
Soma» -
Amakuru
Umurenge Kagame Cup: Amakipe yo mu Ntara y’Amajyarugu ntiyorohewe n’ayo mu Burengerazuba
Ikipe y’Umupira w’amaguru y’Umurenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi yatsinze iy’Umurenge wa Kimonyi mu Karere ka Musanze igitego 1-0…
Soma» -
Iyobokamana
“Niba wiyuhagira buri munsi, kuki utahabwa Penetensiya buri munsi?” Padiri Gabriel
Mu rugendo Nyobokamana rwakozwe n’urubyiruko rwa Arkidiyosezi ya Kigali by’umwihariko abo muri Paruwasi ya Kanombe n’abaturutse mu karere k’ikenurabushyo ka…
Soma» -
Amakuru
Amwe mu mateka ya Papa Leon XIV watorerewe kuyobora Kiliziya Gatolika ku isi
Robert Prevost w’Imyaka 69 ukomoka muri Chicago niwe ubaye Papa wa mbere ukomoka muri Amerika y’amajyaruguru akaba yahawe izina rya…
Soma» -
Amakuru
Papa mushya yabonetse: Leon XIV
Nyuma y’amasaha menshi imbaga y’abakristu Gatolika bategereje Kandi basabira ko babona umushumba mushya uyiyobora ku isi, mu masaha y’umugoroba yo…
Soma» -
Amakuru
UEFA Champions League: Paris Saint-Germain yasezereye Arsenal muri 1/2 cy’irangiza
Ikipe ya Paris Saint Germain yatsinze Arsenal FC ibitego 2-1 mu mukino wo kwishyura iyisezerera muri ½ cya UEFA Champions…
Soma» -
Amakuru
Habiyambere Zacharie wamenyekanye nka Bishop Gafaranga yatawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwemeje ko rwataye muri yombi Habiyaremye Zacharie wamenyekanye nka Bishop Gafaranga akurikiranweho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku…
Soma» -
Amakuru
Antoine Cardinal Kambanda amaze kurahirira kuba umwe mu bagize itora rya Papa mushya
Ubwo hatangizwaga umwiherero cyangwa Conclave yo gutora Papa, kuri uyu wa 07 Gicurasi 2025, aba Karidinali bose uko ari 133…
Soma»