Amakuru
-
Rutsiro:Arahigwa bukware nyuma yo kwica uwo bashakanye
Mutuyimana Oswald w’imyaka 38 wo mu Mudugudu wa Gashasho, Umurenge wa Nyabirasi, Akarere ka Rutsiro arashakishwa n’Inzego z’umutekano akekwaho kwica…
Soma» -
Kayonza :Hasorejwe ibikorwa bya Orora wihaze,abaturage bavuga ibigwi
Babigarutseho kuri uyu wa Kane tariki 5 Ukuboza 2024 ku kibuga cya Rwinkwavu aho baribaje gusoza ibikorwa by’Umushinga “Orora wihaze”wakoreraga…
Soma» -
Rusizi:MINUBUMWE yasabye kwita ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, yasabye inzego z’ibanze kwita ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye, nabo bakinjizwa muri gahunda zizamura imibereho…
Soma» -
Serivise yo gukuramo inda ku bushake yagejejwe mu bigo nderabuzima na Cliniques
Mu mpamvu zemewe zatuma ikigo cy’ubuvuzi gikuriramo umuntu inda harimo kuba utwite ari umwana, usaba gukurirwamo inda yarakoreshejwe imibonano mpuzabitsina…
Soma» -
Nyamasheke:Wa musirikare warashe abaturage yakatiwe gufungwa burundu
Urukiko rwa Gisirikare rwakatiye Sergeant Minani Gervais ushinjwa kwica abantu batanu abarashe, igihano cy’igifungo cya burundu ndetse no kwamburwa impeta…
Soma» -
Kigali:Jenoside yakorewe Abatutsi yashoboraga gukumirwa ariko ntibyakozwe:-Dr Bizinama Jean Damascene
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yashoboraga gukumirwa, ariko ntibyakozwe kuko Isi yatereranye…
Soma» -
Kigali:Urwego rw’Ubugenzacyaha rwafunze Gen Major Richard Rutatina
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze Gen Maj (Rtd) Richard Rutatina, nyuma y’igihe rumukoraho iperereza ku byaha byo guha amabwiriza…
Soma» -
Rubavu:Abaturiye ikimoteri cya Rutagara baratabaza
Abaturage baturiye n’abanyura hafi y’Ikimoteri cya Rutagara giherereye mu Murenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu bagaragaje ko babangamiwe n’umunuko…
Soma» -
Rayon Sport imaze kwinjiza asaga miriyoni 50 mbere y’umukino na Mukeba APR
Ikipe ya Rayon Sports yatangarije itangazamakuru n’abanyarwanda muri rusange ko bageze kure imyiteguro y’umukino ukomeye bafitanye na mukeba APR FC,…
Soma» -
Polisi y’u Rwanda n’iya Gambiya basinye amasezerano y’ubufatanye
Kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Ukuboza 2024, Inzego zombi, Polisi y’u Rwanda n’iya Gambia, zashyize umukono ku masezerano…
Soma»