Amakuru
-
Nyanza: Inama Njyanama y’Akarere yahagaritse Ntazinda Erasme ku nshingano
Inama Nyanama y’Akarere ka Nyanza yahagaritse Ntazinda Erasme wari Umuyobozi wako imushinja kutuzuza inshingano yari yaratorewe imusimbuza Visi Meya ushinzwe…
Soma» -
Kurota usubiza u Rwanda mu icuraburindi ni ukurota inzozi mbi utazigera ukabya- Minisitiri Marizamunda
Minisitiri w’Ingabo Juvenal Marizamunda yaburiye abigamba gutera u Rwanda ko izo nzozi ari mbi kandi badateze kuzikabya, asaba urubyiruko kubima…
Soma» -
Aborozi bibukijwe kugaburira amatungo ibyujuje ubuziranenge kugira ngo babone umusaruro ukwiye
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuziranenge, RSB, Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, MINAGRI, ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Guteza imbere Imikurire y’Umwana, NCDA, bongeye kwibutsa…
Soma» -
RBC yatangaje ko abarenga 2000 bagize ibibazo by’ihungabana mu cyumweru cy’Icyunamo
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko abantu 2088 bahuye n’ibibazo by’ihungabana mu Cyumweru cy’Icyunamo cyo Kwibuka31 kandi ko muri…
Soma» -
Nyanza: Umugabo wahaniwe icyaha cya Jenoside yatawe muri yombi akurikiranyweho ingengabitekerezo yayo
Umugabo w’imyaka 57 wo mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Nyagisozi mu Kagari ka Rurangazi yatawe muri yombi akurikiranyweho…
Soma» -
RIB yatangaje ko ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside byiyongereye mu cyumweru cy’Icyunamo
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwagaragaje ko mu cyumweru cy’Icyunamo hakiriwe dosiye 82 z’abakurikiranyweho ibyaha birimo ingengabitekerezo ya Jenoside, ivangura no…
Soma» -
Ishyaka PL ryibutse abari abayoboke baryo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi
Ubwo kuri iki cyumweru tariki 13 Mata 2025, Ishyaka riharanira Ukwishyira ukizana kwa buri muntu(PL), ryibukaga kunshuro ya 31 abahoze…
Soma» -
Kigali: Imvura ikabije yahitanye abantu babiri yangiza byinshi
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko imvura yaguye mu mpera z’icyumweru gishize yahitanye abantu babiri igasenya inzu ndetse ko hari…
Soma» -
Abiga muri RP Tumba bahawe umukoro wo kunyomoza abapfobya n’abagoreka amateka ya Jenoside
Abanyeshuri biga mu Ishuri Rikuru ry’imyuga n’Ubumdnyingiro rya Tumba College, basobanuriwe amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi bahabwa umukoro wo kunyomoza…
Soma» -
Ubushinwa bwibasiwe n’inkubi y’umuyaga yahagaritse imirimo myinshi n’ingendo
Ubushinwa bwibasiwe n’inkubi y’umuyaga uri ku muvudumo ukabije wahagaritse imirimo myinshi n’ingendo z’indege mu Murwa Mukuru Pekin, watumye abaturage basabwa…
Soma»