Imikino
-
Rutahizamu w’ikipe ya Manchester United Edison Cavani yamaze guhagarikwa imikino itatu
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Uruguay usanzwe akinira ikipe ya Manchester United yo mu gihugu cy’ubwongereza Edison Cavani, yamaze guhagarikwa…
Soma» -
Nyuma y’imikino itatu gusa Mukura vs yamaze kwirukana uwari usanzwe ari umutoza wayo
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Algerie wari usanzwe atoza ikipe ya Mukura vs Bahloul Djilali, yamaze kwirukanwa Nyuma y’imikino itatu…
Soma» -
Amavubi yamaze gutegurirwa imikino ya gicuti mbere yo kwerekeza mu mikino ya CHAN
Mu kwezi gutaha tariki ya 16 Mutarama , mu gihugu cya Cameroon hateganijwe kubera igikombe cya Afurika cy’ibihugu mu bakinnyi…
Soma» -
Ese ikibazo cy’irangira ry’ingengo y’imari mu ikipe ya Musanze Fc mu ntangiriro za shampiyona gihagaze gute?
Ntabwo bikunze kugaragara cyane ko ingengo y’imari mu makipe ishobora kurangira shampiyona igitangira, kuko amakipe menshi aba afite uburyo bwinshi…
Soma» -
Umutoza wa Barcelona Ronald Koeman yavuze ko abona bigoye kuzatwara shampiyona uyu mwaka
Umugabo ukomoka mu gihugu cy’ubuholandi usanzwe atoza ikipe ya Fc Barcelona yo mu gihugu cya Espagne, uwo ntawundi ni Ronald…
Soma» -
Seninga Innocent utoza ikipe ya Musanze Fc yamaze kurekurwa
Umutoza w’ikipe ya Musanze Fc Seninga Innocent wari umaze igihe kigera ku minsi itanu mu maboko y’inzego zishinzwe umutekano yamaze…
Soma» -
Atletico Madrid yamaze kwemerera Diego costa kuzishakira indi kipe mu kwezi kwa mbere
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Brasil ariko akaba afite ubwenegihugu bwa Espagne Diego Costa, yamaze kumvikana n’ubuyobozi bw’ikipe ya Atletico…
Soma» -
Nyuma ya Thiago Alcantara ikipe ya Liverpool yamaze gusinyisha rutahizamu Diogo Jota
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Portugal wari usanzwe ukinira ikipe ya Wolves yo mu gihugu cy’Ubwongereza Diogo Jota, yamaze kugurwa…
Soma» -
Bertrand Traore yamaze gusinyira ikipe ya Aston Villa
Rutahizamu wo mu mpande Bertrand Traore ukomoka mu gihugu cya Burkinafaso, wari usanzwe akinira ikipe ya Lyon yo mu gihugu…
Soma» -
Thiago Alcantara yamaze kuba umukinnyi mushya w’ikipe ya liverpool
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Thiago Alcantara ukomoka mu gihugu cya Brazil, ariko akaba akinira ikipe y’igihugu ya Espagne, yamaze…
Soma»