Imikino
-
Harry Maguire yatangaje ko yari afite ubwoba bwinshi ubwo yari afungiwe mu Bugereki
Nyuma y’uko Myugariro w’ikipe ya Manchester united ndetse n’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza Harry Maguire yari yafatiwe mu gihugu cy’Ubugereki , yavuze…
Soma» -
Migi wavugwaga muri Namungo Fc yongereye amasezerano mu ikipe ya KMC
Umukinnyi w’umunyarwanda ukina mu kibuga hagati, Mugiraneza Jean Baptiste Migi wari warasoje amasezerano mu ikipe ya KMC , yamaze kuyongera.…
Soma» -
Chelsea ikomeje kwiyubaka cyane yasinyishije Myugariro Ben Chilwell
Ikipe ya Chelsea ibarizwa mu gihugu cy’Ubwongereza, mu mujyi wa London, ikomeje kwiyubaka mu buryo bukomeye cyane, kuri ubu yamaze…
Soma» -
Bidasubirwaho Willian yamaze kuba umukinnyi w’ikipe ya Arsenal
Nkuko ikipe ya Arsenal yamaze kubitangaza, umukinnyi Willian da Silva wari usanzwe akinira ikipe ya Chelsea, yamaze gushyira umukono ku…
Soma» -
Ikipe ya Juventus ngo yiteguye kurekura umukinnyi wayo Aaron Ramsey
Nkuko ikinyamakuru Sky Italia cyabitangaje, ikipe ya Juventus ngo yiteguye kugurisha umukinnyi wayo wo hagati mu kibuga Aaron Ramsey, kuko…
Soma» -
Juventus nyuma yo kwirukana Maurizio Sari yamaze kubona umutoza mushya
ikipe ya Juventus nyuma y’uko isezerewe n’ikipe ya Lyon mu mikino ya Uefa Champions league, yahise yirukana umutoza Maurizio Sari…
Soma» -
Bidasubirwaho Muhadjiri Hakizimana n’umukinnyi wa As Kigali
Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri yamaze gusinyira AS Kigali amasezerano y’umwaka umwe, ni nyuma yo gutera umugongo Rayon Sports yamwifuzaga. Hashize amezi…
Soma» -
Amatariki y’igihe shampiyona y’umupira w’amaguru mu rwanda izatangirira yamaze kumenyekana
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(Ferwafa) ryamaze gutangaza ko shampiyona y’umupira w’amaguru mu rwanda icyiciro cya mbere mu bagabo izatangira mu…
Soma» -
Manchester city yamaze gusinyisha Ferran Torres wakiniraga Valencia
Ikipe ya Manchester city yo mu gihugu cy’Ubwongereza, yamaze kwemeza ko yasinyishije umukinnyi ukina ku mpande, Ferran Torres, wari usanzwe…
Soma» -
Aubameyang afashije ikipe ya Arsenal gutsinda Chelsea begukana Fa Cup ku nshuro ya 14.
Nyuma y’ibitego bibiri byose byatsinzwe na Rutahizamu Pierre Emerick Emiliano Aubameyang, ikipe ya Arsenal yegukanye igikombe cya Fa Cup ku…
Soma»