Iyobokamana
- 
	
			
	Dore bimwe mu biribwa warya bikagufasha kongera ibyishimo mu buzima bwawe
Hari igihe ujya wumva utishimye, ubabaye cg se wigunze muri rusange. Ibi ahanini biterwa n’urugero ruri hasi rw’umusemburo ukorerwa mu bwonko…
Soma» - 
	
			
	Ese nawe wibaza niba koko ibi byashoboka? Isomere ubu buhamya bugufi wiyumvire:
Nitwa Habiyaremye Olivier, mvuka muri Ruhondo . Nkimara kuvuka, data na mama bahise batandukana, mama anjugunya kwa nyogokuru, nyogokuru akajya…
Soma» - 
	
			
	Dore akamaro gakomeye ko kunywa amazi ashyushye mu gitondo
Itsinda ry’Abaganga b’Abayapani bemeje ko amazi ashyushye agira akamaro 100% mu gukemura ibibazo bimwe na bimwe by’ubuzima harimo: 1. Kumeneka…
Soma» - 
	
			
	Sobanukirwa birambuye ibijyanye n’indwara y’ifumbi ndetse n’uburyo wayirinda
Indwara y’ifumbi y’amenyo ni indwara yo kubyimbirwa kw’ishinya, kenshi iterwa na infection ituruka kuri bagiteri. Iyo itavuwe hakiri kare, ishobora…
Soma» - 
	
			
	Sobanukirwa birambuye ibijyanye n’indwara y’imitsi n’uko wayirinda
Indwara y’imitsi ni indwara imaze kuba gikwira kandi ifata ingeri zose haba abakuru n’abato. Iyi ndwara irimo amoko atandukanye gusa…
Soma» - 
	
			
	Sobanukirwa birambuye indwara y’imitezi yandurira mu mibonano mpuzabitsina
Imitezi ni indwara yandura cyane ikaba akenshi yandurira mu mibonano mpuzabitsina. Icyakora no kuba wagira aho uhurira n’ibyavuye ku wuyirwaye…
Soma» - 
	
			
	Minisiteri y’ubuzima yashyizeho uduce 7 tuzajya dupimirwaho Ebola
Minisiteri ishinzwe ubuzima mu Rwanda, yamaze gutangaza ko yashyizeho uduce tugera kuri turindwi mu mpande zose z’igihgu, utu duce tukaba…
Soma» - 
	
			
	Sobanukirwa indwara ya Tifoyide n’uko ushobora kuyirinda
Tifoyide ni iki? Tifoyide ni indwara yandura kandi yica mu gihe nta muti umurwayi yafashe. Ni indwara ikunze kuboneka kenshi…
Soma» - 
	
			
	Dore bimwe mu byagufasha guhangana n’indwara y’ibicurane
Indwara y’ibicurane ikunda kwibasira abantu benshi cyane cyane mu gihe cy’ubukonje, ni indwara ishobora guterwa na bagiteri cg virusi. Nubwo…
Soma» - 
	
			
	Sobanukirwa indwara ya Ebola, uko yandura, ibimenyetso byayo n’uko wayirinda
Ebola niki? Ebola ni indwara iterwa na virus Ebola. Ubusanzwe iyo yibera mu mubiri w’ubwoko bumwe bw’uducurama ntidutere kurwara ariko…
Soma»