Mumahanga
-
Papa Fransisco yasubiye mu bitaro
Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku isi, Papa Francis yagiye mu bitaro by’ahitwa Gemelli kugira ngo abaganga bamusuzume barebe uko ubuzima…
Soma» -
Sénégal :Imyigaragambo yatumye hahagarikwa internet
Guverinoma ya Sénégal yahagaritse internet igendanwa mu bice bitandukaye by’igihugu birimo kuberamo imvururu, mu rwego rwo guhagarika ubutumwa bukomeza guhererekanwa…
Soma» -
Bukavu:Inzu nyinshi zafashwe n’inkongi
Inzu zitaratangazwa umubare zakongotse mu muriro udasanzwe wibasiye agace ka Camp Zaïre muri Komini Kadutu, mu mujyi wa Bukavu. …
Soma» -
Uganda:Ntabwo Muhoozi yahangana na se ngo amushobore:Andrew Mwenda
Andrew Mwenda ufatwa nk’umwe mu nshuti z’akadasohoka za Gen Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko uyu mugabo adashobora guhangana na se, Perezida…
Soma» -
Uganda:Hari abamaze gutabwa muri yombi kubera ubujura mu rugendo nyobokamana rwa Namugongo
Polisi yo mu Mujyi wa Kampala yatangaje ko abantu 70 batawe muri yombi bakurikiranyweho kwiba abagiye mu rugendo nyobokamana i…
Soma» -
Ubuhinde:Abasaga 50 bishwe n’impanuka ya Gariyamoshi
Impanuka ya Gariyamoshi yabereye mu Burasirazuba bw’u Buhinde, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 2 Kamena 2023, yahitanye…
Soma» -
Centrafrique:Perezida Touadera yacyeje umusanzu w’ingabo z’u Rwanda mu guhashya iterabwoba
Perezida wa Centrafrique Faustin-Archange Touadéra yahuye n’umutwe udasanzwe w’ingabo z’igihugu cye ndetse n’Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura…
Soma» -
Afurika y’Epfo:Kuri uyu wa gatanu Fulgence Kayishema yongeye kugezwa imbere y’urukiko
Fulgence Kayishema uherutse gufatirwa muri Afurika y’Epfo ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi akekwaho, kuri uyu wa Gatanu yongeye kugezwa…
Soma» -
USA:Prezida w’America yaguye hasi mu ruhame
Amerika, Joe Biden, yabaye iciro ry’imigani mu bakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma y’uko hakwirakwiye amashusho amugaragaza yitura hasi. Aya mashusho…
Soma» -
Burundi:Abepiskopi bagize ACEAC bahuye na Perezida Ndayishimiye
Kuri uyu wa 1 Kamena 2023, Abepiskopi bagize Biro ya ACEAC bamaze iminsi itatu I Bujumbura mu nama, bakiriwe na…
Soma»