Mumahanga
-
Uganda:Maneko wa Uganda yasabye ibihugu bihana imbibi na RDC kuryamira amajanja ku mipaka yabyo
Umwe muri ba maneko bakuru muri Uganda, yasabye abashinzwe umutekano mu turere duhana imbibi na Kongo Kinshasa kuryamira amajanja kuko…
Soma» -
Uburundi bwikomye Tanzaniya ko ariyo ntandaro yibura ry’ibikomoka kuri Petrole
Leta y’u Burundi, irashinja iya Tanzania kuzibira ibikomoka kuri Petelori, ari na byo byatumye habaho ingaruka z’ibura zabyo muri iki…
Soma» -
Uganda:Imiryango Mpuzamahanga yatanze imbuzi nyuma y’isinywa ry’itegeko rihana ubutinganyi
Imiryango Mpuzamahanga Nterankunga mu buvuzi irimo Global Fund, PEPFAR na UNAIDS yaburiye Uganda ko ikwiriye kwitegura ubwinshi bw’abarwayi ba Virusi…
Soma» -
CENTRAFRIQUE: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro batanze imiti y’ubuntu ku baturage
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrique (MINUSCA) mu gace ka Bangassou, kuri uyu wa Mbere tariki ya…
Soma» -
Uganda:Museveni yasinye ku itegeko rihana abatinganyi
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yashyize umukono ku itegeko rihana ubutinganyi nyuma y’aho rivugururiwe, ngo ibihano bazajya bahabwa birusheho…
Soma» -
Bamwe mu bakinyi ba TP Mazembe baburiwe irengero mu butariyani
Hashize iminsi itanu abakinnyi batanu ba TP Mazembe y’Abatarengeje imyaka 17 “Katumbi Football Academy, KFA” baburiwe irengero mu Butaliyani. Ababyeyi…
Soma» -
Prezida Kagame yitabiriye irahira rya Prezida mushya wa Nigeria
Perezida Paul Kagame, ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 28 Gicurasi 2023, yageze muri Nigeria aho yitabiriye irahira…
Soma» -
Uburundi bwateye utwatsi icyifuzo cya FERWAFA
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Burundi ryasubije FERWAFA ko Ndikumana Danny adashobora gukinira u Rwanda kuko ababyeyi be ari Abarundi ndetse…
Soma» -
Nyuma yo gufatwa;Kayishema Fulgence yagejejwe mu Rukiko muri Afurika y’Epfo
Fulgence Kayishema ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yagaragaye mu rukiko rwo muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa Gatanu nyuma…
Soma» -
RDC:Abazwiho kurwanya Prezida bagaragaye bahangana na polisi mu myigaragambo
I Kinshasa mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hongeye kuba imyigaragambyo y’abashyigikiye abatavuga rumwe n’ubutegetsi barimo Moïse…
Soma»