Nyituriki Joseline
-
Amakuru
Rubavu:Harashwe igisambo cyarwanyije inzego z’umutekano
Abaturage bashimiye polisi kuri iki gikorwa, banayisaba gukomeza gushakisha abantu nk’aba bahungabanya umutekano kuko byatuma n’abandi batinya. Umwe yagize ati:…
Soma» -
Amakuru
Rusizi:Ikibazo cy’abakozi bake mu tugari kigiye kuba amateka
Ibyo byagarutsweho n’Umuyobozi w’Akarere ka Rusizi Dr Anicet Kibiliga ubwo yagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa gatatu tariki ya 14…
Soma» -
Amakuru
Gerayo Amahoro yakomereje mu rwego rw’Igihugu rw’Igorora
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Kamena, Polisi y’u Rwanda yakomereje gahunda ya ‘Gerayo Amahoro’, ku bakozi…
Soma» -
Amakuru
Lorenzo Musangamfura yaba yongeye gusubira kuri RBA?
Amashusho yagaragaye muri iki gitondo cyo Ku WA 13 Kamena 2023 Ku mbuga nkoranyambaga araca amarenga ko Umunyamakuru w’imikino…
Soma» -
Amakuru
Nyamasheke-Kanjongo:Amayobera ku rupfu rwuwasanzwe mu muhanda yatemaguwe
Amakuru aturuka i Nyamasheke mu mudugudu wa Gisagara mu kagari ka Kigarama aravuga ko uwitwa Irambona Daniel yasanzwe mu muhanda…
Soma» -
Amakuru
Abapolisi 40 batangiye amahugurwa ajyanye no kubungabunga amahoro
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 12 Kamena, abapolisi 40 batangiye amahugurwa arebana n’ibikorwa byo kubungabunga amahoro mu butumwa bw’Umuryango…
Soma» -
Amakuru
Kenya:Polisi yarokoye ubuzima bwuwanze kwivuza kubera imyemerere
Yatabawe na Polisi yaranze kwivuza ku Polisi yatangaje ko yahawe amakuru n’abaturage yuko hari umusaza warembeye munzu yaranze kujya kwivuza…
Soma» -
Amakuru
Izindi mpunzi zivuye mur Libiya zageze mu Rwanda
Barerekezwa i Gashora mu Karere ka Bugesera, aho basanze bagenzi babo nabo bahageze. Izi mpunzi ziza mu Rwanda muri gahunda…
Soma» -
Amakuru
Abiyandikishije ku bizamini byo gutwara ibinyabiziga batangiye gukora ku bwinshi
Kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Kamena, Polisi y’u Rwanda yatangije impinduka mu gukoresha ibizamini byo gutwara ibinyabiziga kuri site…
Soma» -
Amakuru
Malawi yohereje ucyekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda
Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda bwatangaje ko ku Cyumweru tariki 11 Kamena 2023, bwakiriye Niyongira Théoneste alias Kanyoni woherejwe na Malawi…
Soma»