Nyituriki Joseline
-
Amakuru
Gisagara:Umwana na Nyina basanzwe mu nzu bapfuye
Nyirabavakure Vestine w’imyaka 61 n’umuhungu we Tuyihorane Jean w’imyaka 28 basanzwe mu nzu bapfuye, harakekwa ko bishwe n’umusore wo mu…
Soma» -
Amakuru
Musanze :Yafunzwe azira kubana n’umwana utujuje ubukure
Uwo musore yafashwe ku wa Kane tariki 11 Gicurasi 2023, atabwa muri yombi nyuma y’uko abaturage batanze amakuru. Ababyeyi b’uwo…
Soma» -
Amakuru
Kigali:Kaminuza y’u Rwanda yatangaje abemerewe kuyigamo
Itangazo rijyanye na byo ryashyizweho umukono n’Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’u Rwanda, Dr Kayihura Muganga Didas, rikavuga ko abanyeshuri bemerewe…
Soma» -
Amakuru
Rusizi:Yozefu na Mariya ko batarwanaga;Muhammed ko atarwanye n’abagore be ;mwe murwana mupfa iki?Vice Mayor Munyemanzi
Umuyobozi w’Akarere WUngirije Ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu Bwana Ndagijimana Louis Munyemanzi yabigarutseho mu cyumweru cy’Umujyanama cyatangijwe n’Akarere ka Rusizi mu…
Soma» -
Amakuru
Météo yatangaje ko muri uku kwezi hagati imvura izagabanuka
Meteo-Rwanda ivuga ko iminsi iteganyijwemo imvura izaba iri hagati y’ibiri (2) n’ine (4) ahenshi mu Gihugu muri iki gice cya…
Soma» -
Amakuru
Kigali :Hamenyekanye uko Intara zarushanyije muri Mutuel de Sante
Raporo yagaragajwe mu gutangiza Umwaka wa mituweli 2023/2024 kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gicurasi 2023 i Kigali, yerekana ko…
Soma» -
Amakuru
Kigali:Babiri ba REG bafatiwe mu cyuho bafata ruswa
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abakozi babiri ba Sosiyete y’igihugu ishinzwe ingufu (REG) mu Karere ka Rulindo,…
Soma» -
Amakuru
Gakenke:Bakomeje gushakisha uwagwiriwe n’ikirombe
Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 10 Gicurasi 2023 ubuyobozi bw’intara y’Amajyaruguru bwatangaje ko bukomeje igikorwa…
Soma» -
Amakuru
Ngoma:Guverineri Gasana yasuye ibitaro bya Kibungo asaba Serivise nziza
Kiri uyu wa gatatu tariki ya 10 Gicurasi 2023 ;Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba Gasana Emmanuel yasuye Ibitari bya Ngoma ashima…
Soma» -
Amakuru
Bugesera: Babiri bafatanywe Miriyoni 1,5 baribibye batoboye inzu
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage mu karere ka Bugesera, yafatanye abasore babiri amafaranga y’u Rwanda miliyoni imwe…
Soma»