Ubuzima
-
Hizihijwe umunsi mpuzamahanga wo gutanga amaraso abayatanze kenshi barashimirwa
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, binyuze mu ishami rishinzwe gutanga amaraso, bashimiye abagiraneza batanga amaraso bagereranya no gutanga ubuzima bashishikariza…
Soma» -
Rwanda FDA yakuye mu isoko ry’u Rwanda imiti yitwa “RELIEF” y’ibinini
Ikigo gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa mu Rwanda, (Rwanda FDA), cyahagaritse itumizwa, icuruzwa no gukwirakwiza ku isoko ry’u Rwanda imiti…
Soma» -
Menya byinshi ku kamaro k’UMWENYA’ ikimera kifashishwa mu buvuzi bw’umwimerere
Ikimera kitwa “Umwenya”, abenshi bakunze kugikoresha nk’ikirungo gifite umwihariko wo kifashishwa mu buvuzi gakondo kubera umwihariko wacyo wo kuvura amavunane,…
Soma» -
Uruhuri rw’ibibazo byatumye FDA ifunga inzoga y’Ubutwege
Ikigo Gishinzwe kugenzura Ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa mu Rwanda (Rwanda Food and Drugs Authority), FDA, bwakuye ku isoko inzoga yitwa Ubutwenge…
Soma» -
Tugaruke ku biribwa by’imineke ifasha umutima gukora neza
Abantu benshi bakunda kurya imineke mbere cyangwa nyuma y’amafunguro, abandi bakayirya yonyine cyangwa bakayunganiza izindi mbuto n’ubwo hari n’abatayikozwa namba…
Soma» -
Menya byinshi kuri “Tangawizi” yifashishwa mu kuvura ibicurane no kongera imbaraga mu mubiri
Abantu benshi mu bihe bitandukanye bagiye bifashisha ikimera cya Tangawizi nk’umuti cyane cyane bivura inkorora, ibicurane, umunaniro n’ibindi ndetse byageze…
Soma» -
Abafite aho bahurira n’uruhererekane rw’imboga n’imbuto basabwe kwita ku buziranenge bwazo
Ikigo Gitsura Ubuziranenge, RSB, gifatanyije na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, MINAGRI, n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe kwita ku mikurire no kurengera umwana, NCDA,…
Soma» -
RBC yatangaje ko abarenga 2000 bagize ibibazo by’ihungabana mu cyumweru cy’Icyunamo
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko abantu 2088 bahuye n’ibibazo by’ihungabana mu Cyumweru cy’Icyunamo cyo Kwibuka31 kandi ko muri…
Soma» -
RBC yaburiye abanyamakuru n’abakoresha imbuga nkoranyambaga gushungura ibyo batangaza mu gihe cyo Kwibuka
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyaburiye abanyamakuru n’abakoresha imbuga nkoranyambaga gushungura ibyo batangaza mu gihe Igihuhu kigiye kwinjiramo cyo Kwibukwa…
Soma» -
Bamwe mu bavukanye ubwandu bwa Virusi itera SIDA, barasaba ubujyanama bwihariye kuko kuriyakira byatumye bishora mu biyobyabwenge no mu buraya.
Mu gihe u Rwanda rufite intego yo kuba muri 2030 rwararanduye burundu ubwandu bw’abana bavukana virus itera SIDA, hari bamwe…
Soma»