Iyobokamana
-
Mikel Arteta akaba amaze gukoresha imyitozo kunshuro ya kabiri nk’ umutoza mukuru wa Arsenal
Uyu mugabo wimyaka 37 yamavuko uvuka mugihugu cya Esipanye akaba yaramaze gusinya imyaka itatu n’igice atoza ikipe ya Arsenal nk’…
Soma» -
Amakipe akina shampiyona y’ abali nabategarugori yamenyeshejwe igihe agomba gutangiriraho shampiyona
Tariki 18/01/2020 nibwo biteganijwe yuko shampiyona yicyiciro cyambere ndetse nicya kabiri mubali nabategarugori zigomba gutangira nkuko tubikesha ibarwa umunyamabanga wa…
Soma» -
Amatariki Igikombe cy’Amahoro 2019/2020 kizatangiriraho yagiye ahagaragara
Nkuko tubikesha urubuga rw’ ishyirahamwe ry’ umupira wamaguru murwanda FERWAFA, ndetse n’ibaruwa umunyamabanga mukuru wa FERWAFA UWAYEZU Regis yandikiye abayobozi…
Soma» -
Valencia ihemukiye Ajax nyuma yo kugarukira muri kimwe cyakabiri umwaka ushize ubu noneho bitunguranye inaniwe kwivana mwitsinda
Rodrigo Moreno niwe uufashije iyikipe ya Valencia kwivana I Amsterdam yemye. Ni mwijoro rya UEFA Champions league imikino y’amatsinda yasozwaga…
Soma» -
Paris Saint Germain yambaye Visit Rwanda bwambere ku myambaro yabo y’imyitozo
Nyuma y’amasaha atarenze cuminimwe u Rwanda rugiranye amasezerano nikipe y’umupira w’amaguru yo mumugi wa Paris mugihugu cy’Ubufaransa Paris Saint Germain…
Soma» -
Kabuhariwe w’umunya Argentine akomeje kwandikisha amateka muri ruhago
Umugabo wumunya Argentine Lionel Andreas Messi akaba amaze guhabwa ighembo cya Ballon d’Or kunshuro ye ya gatandatu ibitarigeze bibaho. Uyu…
Soma» -
Breaking News: Musanze FC isinyishije umutoza Adel Abdelrahman Ibrahim asimbura Niyongabo Amars
Ahmed Adel Abdelrahman Ibrahim washyize umukono ku masezerano y’amezi 6 azamara atoza Musanze FC, ategerejweho kuzahura iyi kipe ihagaze ku…
Soma» -
RPL:Rutanga Eric ahesheje Rayon Sport amanota K’umunota wa nyuma Police inanirwa kwikura i Muhanga
Umukino w’abacyeba waberaga i Nyamirambo umukino wari wakiriwe n’a Kiyovu Sport Stade ya Kigali Nyamirambo yari yakubise yuzuye Urwego rw’Umuvunyi…
Soma» -
RPL: Musanze Inyagiwe imvura y’ibitego na APR, Gicumbi ikomeza inzira irindimuka Gasogi itsikirira i Rubavu
Abakinnyi XI babanjemo kuruhande rwa APR FC: Rwabugiri Omar, Omborenga Fitina, Niyomugabo Claude, Manzi Thierry, Mutsinzi Ange, Bukuru Christophe, Niyonzima Olivier, Byiringiro Lague, Manishimwe Djabel, Nizeyimana Djuma,…
Soma»
