Iyobokamana
-
Unai Emery nyuma y’amezi cumi n’umunani atoza Arsenal akaba amaze guhambirizwa
Nyuma y’amezi cumi numunani uyobora ikipe y’Arsenal Josh Kroenke akaba umuhungu wa nyirikipe umunya Amerika Stan Kroenke amuhaye umwanya wo…
Soma» -
Rayon Sport y’abakinnyi 10 ibonye amanota atatu AS Kigali yikura inyuma y’ishyamba
Rayon sport yari yakiriye AS Muhanga i Nyamirambo kuri stade Regional umukino wasozaga umunsi wa 10 wa shampiyona ‘Rwanda Premier…
Soma» -
Miliyoni 230 zitumye abagera kuri 11 barimo Mabombe basezererwa muri FERWAFA
Nyuma yaho AZAM yari isanzwe ari umufatanyabikorwa mukuru wa FERWAFA akuyemo ake karenge agasesa amasezerano yari afitanye na FERWAFA, FERWAFA…
Soma» -
APR FC yikuye i Gorogota naho Gasogi na Heroes zibona amanota atatu
Kuri stade nshya y’ubwatsi bw’ubukorano bahawe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, Sunrise yari yakiriye ikipe y’ingabo…
Soma» -
Breaking: Seninga Innocent watozaga Entincelles asezeye k’umirimo nyuma y’iminsi icyenda gusa
Nkuko tubikesha ibaruwa Seninga Innocent yandikiye ubuyobozi bw’iyi kipe asezeye kubera impamvu zo kutubahiriza amasezerano harimo nko kuba atarembwe umushahara…
Soma» -
‘Rwanda Premier League’: Umunsi wa 10 w’imikino uduhishiye iki? Menya byinshi ku mikino yose iteganyijwe
Ikibazo kiri kwibazwa cyane n’abakunzi b’imikino muri rusange kiragira Kiti: “APR FC irikura i Gologota hahoze witwa Amabati yakomeje gutsikirira…
Soma» -
Isura nshya ya Stade Amahoro ivuguruye yakira ibihumbi 40 itwikiriye hose imirimo igiye gutangira vuba
Stade Amahoro yari isanzwe yakira abasaga ibihumbi 23 birengaho igiye kuvugururwa ijye yakira ibihumbi 40 ndetse akarusho nuko izaba itwikiriye…
Soma» -
Amatsinda ya Cecafa Senior Challenge y’ abagabo Amavubi atazitabira yamaze gushyirwa ahagaragara
Nyuma yuko u’ Rwanda rutazitabira Cecafa Senior Challenge y’ abagabo kubera ikibazo cy’amikoro iyi, Cecafa iteganijwe kubera mugihugu cya Uganda…
Soma» -
Police FC isubiranye umwanya wa mbere Rayon sport yikura umbere ya Gicumbi bigoranye
Imikino usoza umunsi wa cyenda yakinwaga kuri icyi cyumweru isize Police FC isubiranye umwanya wa mbere. Duhereye mukarere ka Rubavu…
Soma» -
Gasogi United inganyije na Musanze umukino wabanjirijwe n’amagambo kumpande zombi
Gasogi United yari ku mwanya wa 10 yakiriye Musanze FC yari ku mwanya wa 12 ku kinyuranyo cy’amanota abiri. Umukino…
Soma»